Iminsi itandatu nyuma y'uko hasohotse iyo yise "Namaganye abantemera amababi" ubu hasohotse iyo yise "Hataka". Ni indirimbo ziri gusohoka nyuma y'amezi abiri uyu muhanzi apfuye. Ni indirimbo yo ...
Ibyumweru birindwi nyuma y'urupfu rwe, hasohotse indirimbo ya Kizito Mihigo yise "Namaganye abantemera amababi". Akiriho, mu minsi nk'iyi u Rwanda rwibuka Jenoside yasohoraga indirimbo. Iby'urupfu rwe ...